Month: April 2015

The Government & ICTR speak out on reparation for survivors

Kigali 23/04/2015: As Rwandans await the final verdict in the longest ever trial by ICTR that has spanned 14 years, the reparation of Genocide survivors still hangs in balance. If no decision is taken about the reparation of survivors before the tribunal winds up by December, efforts to […]

ICTR holds final hearings

The International Criminal Tribunal for Rwanda has held its final hearings into crimes carried out during the 1994 genocide in which 800,000 people died. In more than 20 years of operation, the UN-backed court has indicted 93 people for their roles in the violence. It was the first […]

Kibungo: Bakurikiranyweho gutera uwacitse ku icumu no kumusenyeraho inzu

Abagabo batatu bafungiye kuri sitasiyo ya Kibungo aho bakurikiranyweho icyaha cyo gusenya inyubako n’ibikoresho by’umuturanyi wabo wacitse ku icumu rya Jenoside.  Abo bagabo bakurikiranyweho kandi gushyira inginga nini n’ibuye ry’ibiro 30  ku muryango no ku madirishya y’inzu y’uwo wacitse ku icumu kugirango atabona uko asohoka ngo atabaze.  Nk’uko […]

Gicumbi: Yirukanye umugore we amuhoye ubututsikazi

Umugabo witwa Nshimiyimana Theophile utuye mu Kagari ka Nyarutarama mu Murenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi yishimira ko “Abubatsi b’Amahoro” bamufashije gusubirana n’umugore we yari yarirukanye amuhoye ubwoko bwe. Nshimiyimana avuga ko yashakanye n’umugore we witwa Muhimpundu Jacqueline mu mwaka w’1997 nyuma aza gucengezwamo amatwara na Mama […]

30 bamaze gutabwa muri yombi ku ngengabitekerezo

Kuri sitasiyo ya polisi ya Nyakarambi mu karere ka Kirehe hafungiye abantu babiri bakekwaho ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu gihe kiri munsi y’icyumweru kimwe abamaze gukurikiranwaho icyaha cy’ingengabitekerezo ya Jenoside baragera kuri 30 Uwitwa Seminani Emmanuel na mushiki we bo mu […]

Hashyizweho igihe Ntarengwa cyo kwishyuza imitungo yangijwe muri Gacaca

Leta y’u Rwanda yihaye igihe kingana n’umwaka cyo kwishyuza ku ngufu abatsinzwe imanza z’imitungo zaciwe n’inkiko Gacaca bakanga kwishyura. si Ubwambere icyakora yihaye igihe, nyamara ikibazo kikaba kimaze imyaka irenga 21.  Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yagaragaje iki kibazo cy’abatsinzwe imanza z’imitungo binangiye kwishyura ku bagize Inteko Ishinga Amategeko, […]