
Mu minsi ijana ishize yo kwibuka numvise ubuhamya bwinshi bw’akaga katagira izina abarokotse jenoside banyuzemo mw’irimburabatutsi rya 94. Reka mbasangize ubwankoze ku mutima cyane kurusha ubundi. Mu mvugo idaca kuruhande nka bimwe byateye ubu, uyu mutangabuhamya arasobanura neza bumwe mu bugome bukabije abahutu bakoze muri jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda. Kanda hano munsi wumve ubuhamya burambuye:
Ubuhamya bw’uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu yahoze ari Komini Ntongwe
End.
AlG.






Leave a comment