
Abakoze jenoside barenga ibihumbi 31 bakatiwe n’inkiko Gacaca gukora imirimo nsimburagifungo ifitiye igihugu akamaro (TIG) ntibayikoze. TIG bivugwa ko imaze kwinjiza arenga miliyari 40 z’amanyarwanda. Umuryango Ibuka wakomeje gusaba ko uwo mutungo […]
Recent Comments